Advertisement
Niki cyadutandukanya N’urukundo rwa Kristo, yadukunze Niki cyadutandukanya N’urukundo rwa Kristo, yadukunze Niki cyadutandukanya N’urukundo rwa Kristo, yadukunze Niki cyadutandukanya N’urukundo rwa Kristo, yadukunze
Ese ni amakuba Cyangwa ibyago? Ukurenganwa, cyangwa inzara Ese ni ubuzima Cyangwa urupfu ? Kwambara ubusa cyangwa ubukene Ntabyanone, ntabizaza Byazantanya na Yesu Ntabyanone, ntabizaza Byazantanya na Yesu Ese ni amakuba Cyangwa ibyago? Ukurenganwa, cyangwa inzara Ese ni ubuzima Cyangwa urupfu ? Kwambara ubusa cyangwa ubukene Ntabyanone, ntabizaza Byazantanya na Yesu Ntabyanone, ntabizaza Byazantanya na Yesu
Ubuzima bwawe watanze Nyo soko y’ubugingo Ku bakwizera bose Muri iyisi Warababajwe birenze Urengera inyungu zanjye Warababajwe ndababarirwa Ndashima, ayo maraso Wavuye mwamiwanjye Niyo yampesheje Kuba umwana w’imana Umutambyi w’ihoraho Ishyanga ryera Uwiteka yironkeye Umutambyi w’ihoraho Ishyanga ryera Uwiteka yironkeye
Advertisement
Ubu ndi icyaremwe gishya Ibyo mbicyesha Umurimo Kristo yakoze ku musaraba Ubu ndi icyaremwe gishya Ibyo mbicyesha Umurimo Kristo yakoze ku musaraba
Kuba narigijwe hafi, y’amasezerano Njyewe wari mubi Nibera mu byaha Yesu ambonye ankuramo, aramfata Icyo ni ikintu Cyinezeza umutima wanjye Yesu ambonye ankuramo, aramfata Icyo ni ikintu Cyinezeza umutima wanjye
Maze Yesu ambonye ankuramo, aramfata Icyo ni ikintu Cyinezeza umutima wanjye Maze Yesu ambonye ankuramo, aramfata Icyo ni ikintu Cyinezeza umutima wanjye
Ibyo mbicyesha Umurimo Kristo yakoze, ku musaraba Ibyo mbicyesha Umurimo Kristo yakoze, ku musaraba Ibyo mbicyesha Umurimo Kristo yakoze, ku musaraba